in

Gikundiro yaba igiye gusinyisha ipfube? Rutahizamu utari kuvugwaho rumwe kubera umusaruro we, yageze i Kigali aho aje gusinyira Rayon Sports – AMAFOTO

Rutahizamu Prinsse Junior Elenga-Kanga ukomoka muri Congo Brazzaville, uheruka gutandukana na AS Vita Club yageze i Kigali aho aza gusinyira Rayon Sports.

Prinsse Junior Elenga-Kanga, ntabwo ari kuvugwaho rumwe na bamwe mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru, aho bakomeje kuvuga ko yatsinze ibitego 2 gusa mu mwaka w’imikino wa 2023-24.

Mihigo Saddam ukunze gukurikirana imikino yo mu karere, aherutse gutangaza ko Rayon Sports iri kugambanirwa, itagakwiye gusinyisha uyu rutahizamu kuko nta kintu kimurimo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwayezu Jean Fidèle yasinyishije umunyezamu wari uri mu beza muri shampiyona ya Kenya – AMAFOTO

Lionel Messi na bagenzi be bakinana muri Argentine bamenye ikipe y’igihugu bazahura nayo ku mukino wa nyuma wa Copa America