in

Gereza zaruzuye z’iranatendeka! Dore ingano y’abantu bagiye bari muri gereza zo mu Rwanda uko ari 14

Gereza zaruzuye z’iranatendeka! Dore ingano y’abantu bagiye bari muri gereza zo mu Rwanda uko ari 14

Gereza zo mu Rwanda uko ari 14 ziri mu turere dutandukanye tw’u Rwanda zugarijwe n’ikibazo cy’ubucucike bwinshi.

Gereza zaruzuye kuburyo inyinshi zagiye zirenza abantu zakagombye kwakira, zimwe na zimwe zinakubye kabiri abantu zigomba kwakira. Mu mibare ikurikira buri gereza iba yaragenewe kwakira abantu 100% (ubwo niba yaragewe kwakira abantu 10000, iyo bagezemo ubwo baba buzuye ijajana ku ijana, ariko iyo babaye 11000 baba babaye 110 %. None rero imibare igaragaza ko gereza nyinshi zo mu Rwanda zarengeje abantu zigomba kwakira).

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wasafi Classic Babe ya Diamond Platinimz yamaze gusinyisha undi muhanzi mushya

FIFA yongeye gutegeka Kiyovu Sports kwishyura amamiliyoni Ndikumana Codjifa utarayikiniye umukino n’umwe