in

Gerard Piqué yasubije Shakira wa mwandagaje ku karubanda kubera yamwanze akamusimbuza undi mukunzi mushya

Nyuma y’iminsi mike umuhanzikazi Shakira ashyize hanze indirimbo irimo amagambo yibasira Gerard Piqué wahoze ari umugabo we gusa bakaza gutandukana yatumye Piqué nawe agaragaza imbamutima ze.

Iyi ndirimbo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, yari irimo amagambo agira ati “Igihe kinini muri gym, ariko ubwenge bwawe nabwo bukeneye siporo. Wagurishije Ferrari kubera Twingo, ugurisha Rolex kugira ngo ubone Casio.”

Rolex yagereranyaga na Casio, ni amasaha ahenze gusa Rolex irusha agaciro Casio, ubwo Shakira yashakaga kuvuga ko Piqué yamuretse agakundana n’umukunzi we mushya witwa Clara Chía uri munsi ya Shakira.

Mu kiganiro Piqué yagiranye na Ibai Llanos avuga ku isaha ya Casio, yagize ati “Iyi saha igenewe ubuzima’’ ubwo yashakaga kwereka Shakira wagereranyije umukunzi we mushya niyo saha ko ifite agaciro gakomeye.

Aha yamwerekaga ko isaha ya Casio ifite agaciro 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntakiri Mbappé cyangwa Neymar! Hatahuwe umukinnyi usigaye uterana ububyara na Messi mu rwambariro rwa Paris Saint Germaine

The Trainer yemeje papa w’umwana uwari umukunzi we atwite