in

Gérard Buscher uri gutoza Amavubi by’agateganyo yatangaje ikintu ikipe yacu y’igihugu ibura kugirango ibe ikipe ikomeye muri Afurika

Gérard Buscher uri gutoza Amavubi by’agateganyo yatangaje ikintu ikipe yacu y’igihugu ibura kugirango ibe ikipe ikomeye muri Afurika

Umufaransa utoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi by’agateganyo Gerard Buscher yaciye ibintu nyuma yo kwemeza ko ikipe yacu ibura abakinnyi bacye kugirango ibe ikipe ikomeye cyane.

Mu magambo ye yagize Ati” Ndatekereza mbaye nk’umutoza mu gihe cy’umwaka umwe cyangwa ibiri, tukabona ibisubizo by’abakinnyi babiri cyangwa batatu bo kugenderaho. Twakubaka ikipe ihozaho.”

Ibi yabitangaje ku minsi wejo nyuma yaho ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yari imaze kunganya n’ikipe y’igihugu ya Senegal igitego 1-1. Uyu mutoza yakinnye umukino mwiza nubwo ikipe ya Senegal yari iya kabiri, ubona ko yatanga icyizere.

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mbega umugabo ngo aribyara! Umwana ni foto kopi ya Se neza” Abantu bakomeje gutangazwa n’uburyo umwana wa Keza Terisky asa nka Se fotokopi

Bahangayikishijwe no kubura imirambo ihagije! Kaminuza zo mu Rwanda ziri mu ihurizo rikomeye ryo kutabona imirambo ihagije koko ariyo bakoresha nk’imfashanyigisho