in

Bashobora kuba hari kintu bizeye: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC izesurana na APR FC bageze mu Rwanda ibintu babigize urwenya -AMASHUSHO

Bashobora kuba hari kintu bizeye: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC izesurana na APR FC bageze mu Rwanda ibintu babigize urwenya.

Ikipe ya Gaadiidka FC yo muri Somalia izakina n’ikipe ya APR FC mu mikino ya mbere y’ibanze ya CAF Champions League yaraye igeze i Kigali mu Rwanda aho abakinnyi b’iyi kipe bahageze bafite akanyamuneza kugaragara ku maso.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Genda Bruce Melodie uratwika”: Umuhanzi Bruce Melodie yagaragaye yahuje urugwiro n’umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Davido wagira ngo aba bombi basanzwe baziranye -AMASHUSHO

Abakinnyi 11 ikipe ya Rayon Sports irabanza mu kibuga hatagize igihinduka ishobora kuza kunyagira Gasogi United KNC akifata ku munwa