in

 “Gapfizi bishobora kumwanga mu nda agasubirayo atarwiyambitse” Tanasha Donna wahoze akundana na Diamond Platnumz akomeje gushyira amafoto hanze agaragaza imiterere ye ibyatumye benshi bavuga ko azashiduka Gapfizi amugezeho(AMAFOTO)

“Gapfizi bishobora kumwanga mu nda agasubirayo atarwiyambitse” Tanasha Donna wahoze akundana na Diamond Platnumz akomeje gushyira amafoto hanze agaragaza imiterere ye ibyatumye benshi bavuga ko azashiduka Gapfizi amugezeho(AMAFOTO)

Tanasha Donna umunyamakuru akaba n’umuhanzi yavuzwe mu rukundo na Diamond Platnumz ndetse baza no kubyarana gusa hadaciye kabiri ibyabo byabaye nk’ibirwaniwemo n’imbwa kuko diamond n’uyu mukobwa batongeye kurebana akana ko mu jisho cg ngo bacane uwaka.

Kuri ubu Tanasha Donna w’umunya Kenya ari kurera umwana we ndetse akomeza akora n’indirimbo.

Gusa bitewe n’amafoto anyuza ku mbuga nkoranya mbaga ze amugaragaza biri sexy abantu batangiye kuvuga ko ari kwikururira diamond kuko we Ntajya atinza mo.

Reba amafoto yavugishije benshi bigatuma na diamond abizamo.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntiyamuta ngo ajye mu kazi! Ukuntu The Ben yanze gusiga umugore we i Musanze ngo ajye gukorera amafaranga amafaranga arenge miliyoni 5 i Rubavu mu rubyiniro rwari ruri mu miryoshyo

Breaking news: APR Fc yongeye kwerekana undi munyamahanga yasinyishije ku mugaragaro (Amafoto)