in

FIFA yongeye gutegeka Kiyovu Sports kwishyura amamiliyoni Ndikumana Codjifa utarayikiniye umukino n’umwe

Umukinnyi witwa Ndikumana Codjifa wari yasinyiye Kiyovu Sports amasezerano y’imyaka 3, akaza kuyivamo nta mukino n’umwe w’amarushanwa ayikiniye, yayireze muri FIFA none Kiyovu yahanwe.

FIFA yategetse ko Kiyovu Sports igomba kwishyura Ndikumana Codjifa miliyoni 13 n’ibihumbi 200 Frw kubera kubahiriza amasezerano, miliyoni 2 imugomba nk’uwari umukozi wayo, ndetse n’ibihumbi bisaba 250 nk’amafaranga Kiyovu Sports igomba Ndikumana wari umukozi wayo.

Ayo mafaranga yaciwe Kiyovu Sports isabwa kuyishyura bitarenze mu minsi 45. Ndikumana Codjifa ni umukinnyi ukomoka mu Burundi was in wasinyiye Kiyovu Sports mu ntangiriro za Shampiyona ya 2022-2023, biza kurangira yimwe umwanya ndetse yimwa n’inzu yo kubamo kandi bari barabyemeranyijwe mu masezerano, nawe ahitamo kuyirega.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gereza zaruzuye z’iranatendeka! Dore ingano y’abantu bagiye bari muri gereza zo mu Rwanda uko ari 14

Bwatashye n’abakinnyi ba filime gusa! Kanimba na Soleil bakoze ubukwe bw’igitangaza – Amashusho y’ubukwe