in

FIFA yatangiye iperereza ku mutoza ushinjwa gusambanya bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu atoza nyuma yibyo babonye ku mabere ya bamwe muri bo

FIFA yatangiye iperereza ku mutoza w’ikipe y’igihugu y’abagore ya Zambia witwa Bruce Mwape w’imyaka 63 ushinjwa kwaka ruswa ishingiye ku gitsina bamwe mu bakinnyi kugira ngo abahe umwanya mu ikipe

Amakuru avuga ko ngo babonye ibiganza bye ku gituza (ku mabere) y’abamwe mu bakinnyi abareye umutoza.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Zambia, ryanze ku mwirukana ku mirimo yo gutoza iyi kipe ngo kubera ko yitwara neza, doreko yabarizwaga mu gikombe cy’Isi cy’abagore gusa yamaze gusezererwa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu musaza niwe bagiye guteraho Rayon Sport gapapu! Kiyovu sport nyuma yo kuzirikirwa mu icupa ikajugunywa mu mazi na Bugesera FC abafana bayivuzeho amagambo asobanura agahinda kabo

‘Yari yambaye kamambiri za umoja’ hagaragaye ifoto y’umuhanzi Andy Bumuntu ubwo yari kumwe na Mukuru we mu myaka yatambutse igihe tutari twa kamumenya [IFOTO]