in

FERWAFA yashishimuye ibaruwa isubiza Kiyovu yari yifuje ko APR FC iterwa mpaga

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryandikiye ikipe ya Kiyovu Sports ku kirego yari yaratanze ivuga ko Byiringiro Lague yakiniye APR FC kandi yararangije gusinyira ikipe ya Sandvikens IF muri Sweden.

Ibaruwa ya FERWAFA isubiza Kiyovu Sports ku kirego yari yaratanze

Kuwa gatandatu nibwo APR FC yakinnye na Kiyovu Sports umukino wabereye i Muhanga ukarangira, APR FC itsinze Kiyovu ibitego bitatu kuri bibiri.
Nyuma Kiyovu Sports yashishimuye ibaruwa isaba ko APR FC yaterwa mpaga kuko ngo yari yakinishije Byiringiro Lague ariko ubu FERWAFA ibyo yabitesheje agaciro ivuga ko Byiringiro Lague akiri umukinnyi wa APR FC mu mategeko ya FIFA na FERWAFA.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo rwa Zari Boss Lady n’umusore aruta ruregetse ku gasongero ku musozi

Akanyamuneza ku bafana ba King James wabonye umusimbura