in

FERWAFA: Amakuru agezweho ariko adashimishije abafana ba APR FC na Rayon Sports bifuzaga kureba umukino wa Super Cup uzahuza aya makipe yombi

Mu gihe habura iminsi mike gusa ngo ikipe ya Rayon Sports icakirane na APR FC, mu guhatanira igikombe cya Super Cup, FERWAFA yatangaje ko amatike yo kwinjira kuri uyu mukino hasigaye mbarwa.

FERWAFA ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo bagize bati “Nyaruka ugure itike yawe udacikanwa kuko asigaye ni mbarwa nk’uko mubyibonera. Ntuzacikwe n’ibi birori by’umupira w’amaguru.”

Ubusanzwe kwinjira kuri uyu mukino ibiciro by’amatike ni ibi bikurikira:

Bivuze ko amatike asigaye ni agura ibihumbi 10 Frw.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rema akomeje guca uduhigo ku Isi ari nako ayoboza inkoni y’icyuma abandi bahanzi bo muri Afurika

Umwataka mushya wa Rayon Sports arava Sudan n’imodoka kugera hano mu Rwanda hatagize igikorwa