in

Bidasubirwaho APR FC yamaze gutangaza umukinnyi ukomeye cyane wari umaze iminsi agarukwaho na benshi 

APR FC Bidasubirwaho yamaze gutangaza umukinnyi ukomeye cyane wari umaze iminsi agarukwaho na benshi

Myugariro ukomeye cyane w’ikipe y’igihugu ya Cameroon, yamaze gusinyira ikipe ya APR FC amasezerano y’imyaka 2.

Kuri uyu wa mbere nibwo APR FC yatangaje myugariro Salomon Banga Bidjeme nyuma y’iminsi avuzwe ko yamaze kumvikana n’iyi kipe.

Salomon Banga Bidjeme yakiniye ikipe y’igihugu ya Cameroon y’abakina imbere mu gihugu ndetse ari na Kapiteni. Yakiniye izindi kipe zirimo Al-Hilal, Difa El Jadida, Coton Sports FC, Colombe Sport, vuba araba ari umukinnyi wa APR FC.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore icyo bita icyangwe: Umuhanzi Davis D yagaragaye yambaye imyambaro izwi ku ngagari (Ifoto)

Mwavugaga mutarabona: APR FC imaze gusinyisha umukinnyi uhiga abandi bose mwimvishe (Amafoto)