in

Exclusive:Umukinnyi ukomeye wanyuze muri Rayon Sport FC n’ APR FC yahagaritswe igihe kitazwi

Nyuma y’uko ikipe y’igihugu Amavubi itsinzwe na kenya mu mukino wanyuma ushaka itike yo kujya mu gikombe cy’isi u Rwanda rugasoza mu tsinda ari urwanyuma rufite inota 1 kuri 18.

Ferwafa itangaje ko ihagaritse umukinnyi wa AS Kigali niyonzima Oliver sefu wanatsinze igitego kimwe u Rwanda rwatsinze ikipe ya Kenya.

Ferwafa ibinyujije Kuri Twitter yayo yagize iti:

Sefu Niyonzima ntabwo yaraye kuri Hotel y’Amavubi i Nairobi. Amakuru dukesha ikipe y’igihugu ni uko umukinnyi n’ubu bahagurutse ataraza.

Bari bababujije kuva kuri Hotel nyuma yo gutsindwa na Kenya. Amavubi arahaguruka Saa 11H bavuye kuri Hotel adahari.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda: Amaze imyaka irenga 50 yarabuze iwe mu rugo (video )

Musore wanjye! Dore ibintu wakorera umukobwa ukigarurira umutima we mu minsi 7 gusa bikazarangira unamushyize mu rugo