in

“Ese ko wari ufite ubwoba?”: Mu masaha y’ijoro bamwe baryamye Gloria Mukamabano yakoze ibintu byatumye abantu bikangamo -AMAFOTO

“Ese ko wari ufite ubwoba?”: Mu masaha y’ijoro bamwe baryamye Gloria Mukamabano yakoze ibintu byatumye abantu bikangamo.

Umunyamakurukazi Gloria Mukamabano ukorera televiziyo y’Igihugu ndetse uri kwisonga mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda mu masaha y’ijoro yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane agaragaza ubwiza bwe n’inseko ye ikundwa na benshi maze abakunzi be batangira ku mwereka urwo bamukunda.

Amafoto:

Bimwe mu byo abakunzi be bagiye batangaza:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itike yo kwinjira ku mukino wa APR FC na Kiyovu Sports washyizwe ku bihumbi 50 by’amanyarwanda

Icyifuzo cy’abafite ubumuga bwo kutumva no kutabona bifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga mu Rwanda