in ,

Erling Braut Haaland n’ikivejuru ibitego bitanu mu mukino umwe

 

Umukinnyi ukomeye cyane ucyiri muto w’ikipe ya Manchester City yanditse amateka yari yaranditse n’umukinnyi wa mbere ku isi Lionel Messi yo gutsinda ibitego byinshi mu mukino umwe gusa.

Rutahizamu Erling Braut Haaland yanditse aya mateka ubwo ikipe ye ya Manchester City yakinaga n’ikipe ya RB Leipzig yo mu gihugu cy’Ubudage muri Champions Legue bakayinyagira imiziga y’ibitego birindwi byose kubusa. mur’ibyo bitego birindwi uyu rutahizamu Erling Braut Haaland yatsinzemo ibitego wenyine aho haciye agahigo kari gafitwe na kizigenza Lionel Messi ko gutsinda ibitego 5 mu mukino umwe wa Ueafa Champions League anaca akandi gahigo ka Ruud Van Nisterlooy ko gutsinda ibitego 30 mu mikino mike kandi akiri muto.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore n’abagabo! Kuva amaraso ntabwo ari byo bizakwereka neza ko umukobwa akiri isugi

Bagabo dore icyo wakora umugore akakwemerera ko muryamana atakugoye