in

Abasore n’abagabo! Kuva amaraso ntabwo ari byo bizakwereka neza ko umukobwa akiri isugi

Abantu benshi bazi ko burya gutakaza ubusugi bw’umukobwa bigaragazwa no kuva amaraso mu gihe ari gukora imibonano mpuzabitsina ku nshuro ya mbere, gusa hari n’ubundi buryo wamenya ko ari isugi.

Umukobwa utarakora imibonano mpuzabitsina aba agifite agahu kitwa ‘Hymen’ mu ndimi z’amahanga.

Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba ataye ubusugi, yego birashoboka ariko si buri gihe, ngo gusa ikibyemeza cyane ni aka gahu kaba gapfutse umwenge w’igitsina cy’umukobwa (Hymen) kurusha uko byagaragazwa n’amaraso kuko ashobora kuyava bitewe no gukomereka cyangwa ubundi burwayi yari afite mu myanya ndagagitsina.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Karabaye Linda yihakanye zaba ku mugaragaro kubera impamvu itangaje cyane

Erling Braut Haaland n’ikivejuru ibitego bitanu mu mukino umwe