in

Erik Ten Hag yasohoye urutonde rw’abakinnyi adakeneye muri Manchester United

Umutoza mushya akaba n’umucunguzi wa Manchester United, Erik Ten Hag yagaragaje urutonde rw’abakinnyi azarekure bakigendera bakajya gushaka ahandi bahigira kuko we abona atazabubakiraho.

Ni umutoza warebye umukino Manchester United yagaraguwe ubwo shampiyona yasozwaga ndetse areba n’amwe mu mashusho y’imikinire ya Manchester United, yabonye abakinnyi nka Paul Pogba, Jesse Lingard, Juan Mata, Nemanja Matic na Edison Cavan bakwiye kwigendera.

Umukinnyi nka Tuanzebe, Martial bazagaruka muri Manchester United ndetse Van Bisaka nawe asobora gusubira muri Crystal Palace.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi wa RBA akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gushyira hanze ifoto hanze atikwije

Umwana w’umukobwa utagira amaboko akomeje gukora ibidasanzwe (AMAFOTO)