in

“Erega ibyo bintu nanjye nabyumvanye manaja w’ibihe byose”: Bruce Melodie mbere yo kujya muri Amerika ku nshuro ye ya mbere yashyize akadomo kubyo guhangana na The Ben avuga umuntu wari ubyihishe inyuma

“Erega ibyo bintu nanjye nabyumvanye manaja w’ibihe byose”: Bruce Melodie mbere yo kujya muri Amerika ku nshuro ye ya mbere yashyize akadomo kubyo guhangana na The Ben avuga umuntu wari ubyihishe inyuma.

Icyamamare muri muzika nyarwanda ndetse n’Afurika Itahiwacu Bruce wamamaye cyane ku izina rya Bruce Melodie mbere yo kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho agiye gukorera ibitaramo bikomeye harimo nicyo azahuriramo na Nicki Minaj yatangaje ko ntahangana akeneye hagati ye na The Ben ahubwo ko nawe yabyumvanye Alex Muyoboke afata nka manaja (Manager) w’ibihe byose.

Ibi Melodie abitangaje nyuma yaho mugenzi The Ben nawe avuze ko ntahangana akeneye hagati na Bruce Melodie ahubwo ibyiza ar’uko bakorana igitaramo kibahuza bagashimisha abafana babo none Melodie nawe yunze murye.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Humura turagushyigikiye nushake uzabivuge mu Kinyarwanda”: Alliah Cool nyuma yo gusebera muri BK Arena akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ikintu ari gukora kizatuma ab’Isi batongera kumubona imbona mu menyo

Yabarabuye: Bruce Melodie yagiriye inama abahanzi bakiri bato bifuza kugera ku rwego nk’urwo agezeho