in

Element yamazwe impungenge n’abakunzi be nyuma yo kubashidikanyaho

Umutunganya miziki Element yamazwe impungenge n’abakunzi be nyuma yo kubashidikanyaho.

Element uzwiho ubuhanga buhanitse mu bijyanye no gutunganya imiziki ndetse no kuririmba yamazwe impungenge n’abakunzi be nyuma yo kwibaza niba bamukunda.

Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Instagram umuhanga mugutunganya imiziki Element yagize ati:” Peace ✌️ kuri mwese bantu banjye” orongera ati:” Mbibarize akabazo?” maze agira ati:” Murankunda koko?” akimara kwandika aya magambo abamukurikira kuri Instagram batangiye kumuha igisubizo cy’ikibazo yibazaga.

Ifoto:

Bimwe mu byo abantu basubije Element nyuma yo kubabaza niba bamukunda koko?:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwe mu ba Director bakomeye hano mu Rwanda ari mu byishimo byo kwibaruka imfura ye

Mu Rwanda hagiye gutangira kwigishirizwa Ikirusiya