in

Egoko wa maso we: havumbuwe ifoto ya Dogiteri Nsabi akiri umwana w’umunyeshuri gusa benshi bari bagiye kumuyoberwa kubera amaso yari afite icyo gihe [IFOTO]

Egoko wa maso we: havumbuwe ifoto ya Dogiteri Nsabi akiri umwana wiga muri Secondary  gusa benshi bari bagiye kumuyoberwa kubera amaso manini  yari afite icyo gihe.

Uyu ni Nsabimana Eric umaze kumenyekana no kubaka izina nka Dogiteri Nsabi.

Binyuze ku mbuga nkoranyambaga uyu musore yashyize hanze ifoto ye ikiri umunyeshuri wo hasi gusa benshi mu bayibonye batunguwe n’uburyo yahindutse mo.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Premier League: Manchester United yatangiye iteza icyikango mu bafana bayo

Natwe turamukunda si wowe wenyine: Dj Brianne yashyize ifoto hanze ari kumwe n’umupasteri ukunzwe cyane hano mu Rwanda ni uko maze abantu batungurwa n’ukuntu yari yifashe mu bwitonzi bwinshi