imikino
Eden Hazard yagaragaje ubwiyemezi budasanzwe nyuma yo gutsinda ikipe ya West Ham

Mu ijoro ryakeye rwaraye rwambikanye hagati y’ikipe ya Chelsea n’ikipe ya West Ham United, aho Chelsea yabashije kubona insinzi bitayoheye nabusa maze itwara amanita atatu y’umunsi.
Nyuma y’umukino Eden Hazard watsinze igitego cyambere cy’ikipe ya Chelsea kuri Penalty akaba yatganirye n’abanyamakuru gus amagambo yavuze akaba yatangaje benshi kuko yagaragayemo ubwiyemezi butari busanzwe bumenyerewe ku uyu musore.
Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru Eden Hazard akaba yagize ati : “Abakinnyi bategerje ko mba umwe mubakinnyi beza ku isi. Ngerageza kubigaragaza buri cyumweru , uyu munsi nitwaye neza cyane, ikipe muri rusange yitwaye neza. Gukomera kwa Chelsea ninjye biturukaho, iyo Eden ameze neza Chelsea iba ikomeye cyane kursha iyo atameze neza. Ubu kugirango tugire ibikombe tuzatwara iyi saison birasaba ko nkomeza gukina neza cyane.â€
Muri aya magambo Eden Hazard akaba yagaragajeko atangiye kwiyumva nka kizigenza mu ikipe ya Chelsea, ibintu abantu batari basanzwe bamuziho kuko ubusanzwe akenshi yakundaga gushyira imbere benzi be avugako gutsinda ari ibya bose hamwe gusa ubo noneho birasa naho nawe yatangiye kwemera ko ariwe ushobora gutaba Chelsea igihe biba byananiranye.
-
Imyidagaduro24 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
imikino21 hours ago
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA
-
imikino11 hours ago
Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro8 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
inyigisho6 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
imikino23 hours ago
Isi yose ikomeye amashyi ikipe y’U Rwanda Amavubi nyuma yo kunganya n’ikipe ya Maroc
-
Imyidagaduro23 hours ago
Miss Naomie yatanze igisubizo gisekeje abajijwe akazi k’ikitegererezo kuri we
-
inyigisho7 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo