in ,

Eden Hazard agambaniye bikomeye ikipe ya Chelsea mu gihe iri mu bibazo bikomeye

during the Barclays Premier League match between Stoke City and Chelsea at Britannia Stadium on November 7, 2015 in Stoke on Trent, England.

Ikipe ya Chelsea kurubu ifite ibibazo bikomeye byo kubura abakinnyi bakomeye izifashisha muri uyu mwaka w’imikino, umukinnyi wayo uyifatiye runini cyane Eden Hazard, uri mu mvune y’amezi atatu aho azagaruka mu kibuga mu mpera z’uku kwezi, yagiriye inama mugenzi bakinana uretse abafana bamwe b’iyi kipe bayifashe nk’ubugambanyi bitewe n’ibibazo iyi kipe irimo.Image result for hazard batshuayi

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Daily Monitor, uyu musore Eden Hazard ukiri mu mvune nubwo bwose yatangiye imyitozo yoroheje, amakuru avuga ko yagiriye inama mugenzi we Mitchy Batshuayi inama yo gushaka aho aba yerekeje mu gihe cyose ikipe ya Chelsea yaba isinyishije rutahizamu w’ikipe ya Swansea Llorente Fer. Uyu musore yabishimangiye avuga ko byaba ari byiza kuko kwicara mu ikipe ya Chelsea udakina byamanura urwego ariho ariko ashatse aho yerekeza byaba ari byiza kugirango azamure urwego rwe. Abafana b’ikipe ya Chelsea bakurikirana umunota ku munota ikipe yabo bahisa bamusamira hejuru bamubwira ko ari ubugambanyi. Kubona ikipe ifite ikibazo cy’abarutahizamu we akaba ari kubwira n’uwo bari bacungiyeho umenyereye ikipe kuyivamo agashaka ahandi yerekeza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwambere mu mateka ikipe ya Real Madrid na Fc Barcelona zihuje kugirango zigambanire indi kipe ikomeye(inkuru irambuye)

Breaking news: Ikipe ya Chelsea ihigitse Fc Barcelona na Arsenal igura umukinnyi ukomeye cyane aya makipe yifuzaga