in ,

Breaking news: Ikipe ya Chelsea ihigitse Fc Barcelona na Arsenal igura umukinnyi ukomeye cyane aya makipe yifuzaga

Nyuma yuko ikipe ya Chelsea itewe gapapu ku munota wanyuma n’ikipe ya Liverpool fc mku mukinnyi Alex Oxlade Chamberlain, byasaga nkaho birangiye ku ikipe ya Chelsea ko isoko ry’abakinnyi riragira ntawundi mukinnyi iguze, gusa siko bije kugenda kuko kuri iki gicamunsi nibwo hagiye inkuru hanze nkuko tubikesha ikinyamakuru Sky sport, umukinnyi w’umunya Algeria Riyad Mahrez ari mu nzira zerekeza i Londre aho agiye gusinya amasezerano n’ikipe ya Chelsea.Deal close: Chelsea beat Barcelona and Arsenal to £45m attacker

Skysport dukesha iyi nkuru iravuga ko Riyad Mahrez yuriye indege ava i Paris yerekeza i Londre kuri iyi saa saba aho biteganijwe ko agiye kugirana ibiganiro n’ubuyobozi bw’ikipe ya Chelsea kuburyo mu masaha make uyu musore yaba yamaze gusinyira iyi kipe amasezerano y’imyaka 5, akazajya ahembwa ibihumbi 190 by’amapound aho mu ikipe ya Leicester yafataga ibihumbi 100 by’amapound. Ikipe ya Chelsea niramuka isinyishije uyu musore iraba ishimangiye ko ishaka kwitwara neza imbere y’abafana bayo muri uyu mwaka. Uyu musore akaba yahawe uruhushya n’ikipe ye y’igihugu ya Algeria aho iri kugirango age kurangiza ibya Transfer ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Eden Hazard agambaniye bikomeye ikipe ya Chelsea mu gihe iri mu bibazo bikomeye

Uwahoze ari umukunzi wa T.I yashyize hanze amafoto ye arimo kubyinisha ikibuno cye ahungabanya abatari bake (yarebe hano)