in

Dore Urutonde rw’ibihugu 5 bifite abakobwa babi ku isi yose utari uzi

Kuri uru rutonde twagarutse ku bihugu bigira abokobwa babi ariko bakaba babi bitewe n’imigenzo cyangwa imico babakoreraho muri ibyo bihugu byabo urutonde twise.

 

Ibihugu 5 bifite abakobwa babi:

 

5.MAURITANIA

Benshi muritwe tuziko abakobwa babyibushye aba ari babi gusa muri iki gihugu umukobwa mwiza n’uwugomba kuba abyibushye kuburyo abakobwa benshi muri iki gihugu birirwa barya amavuta menshi ngo babyibuhe.

 

4.INDIA (abapatani)

Ngo mu myaka myinshi yashize abakobwa bo muri ubu bwoko bajyaga bibwa bitewe ahanini nubwiza bw’amazuru yabo, ibi byaje gutuma hashyirwaho itegeko ko umukobwa wese uvutse agomba guhita apfumurwa amazuru akaba manini kugirango badakomeza kwibwa.

 

3.INDONESIA

Abakobwa bo muri iki gihugu biba itegeko ko iyo akuze umaze kumera amenyo yose bahita bayasongora cyane kugirango ugire ubwiza.

 

2.JAPAN

Buri muntu wese aba yifuza kutagira amenyo y’impingikirane cyangwa amenyo atari ku murongo ,gusa  muri iki gihugu siko bimeze kuko umukobwa ufite amenyo ataringaniye cyangwa y’impingikirane aba ariwe ufite ubwiza ndacyemwa mu gihe hari igihugu yajyamo akaba ariwe muntu mubi.

 

1.ETHIOPIA (Karo)

Iki gihugu nubwo kizwiho kugira abakobwa buburanga gusa kinabarizwamo abakobwa babi ariko bakaba beza cyane mubo bahuje ubwoko ,ni ubwoko bwabo bita abakaro aho umukobwa wabo mwiza agomba kuba afite inkovu k’umuburi we wose kandi inkovu ari nini.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yakorewe igikorwa cy’ubunyamanswa isura ye irangirika bikomeye

Abanyamakuru bakunzwe mu kiganiro Urukiko rw’Ubujurire cya Fine FM bamaze gusinyira Televiziyo ikomeye mu Rwanda