in

Dore urutonde rw’abahanzi 10 Bikundira inzoga

Nkuko byakomeje kugaragara mu bikorwa mu tubari  no mubirori bigiye bitandukanye bitabira, twabakusanyirije urutonde rw’abahanzi 10 bakunda inzoga cyangwa agasembuyeicupa bitewe n’uko ubyumva.

Ku mwa mwanya wacumi hari umuhanzi umenyekanye vuba waririmbye indirimbo mwamenye muri benshi yitwa ku cyaro nizindi.

Uyu akaba yarigeze nokwitabira ikiganiro ku isibo yifitiye agasembuye ntakibazo afite.

10.Mistake

Uyu nawe numuhanzi ukora injyana ya Hip hop wamenyekanye kubera udusirenge tugiye dutandukanye yagiye azana nka (wabagahe) n’utundi.

uyu nawe twamushyize kurutonde kubera video nyinshi agaragaramo rimwe narimwe yanasinze uwo ni.

9.Sky2

Ku mwanya wa munani hakaba hari umuhanzi mwamenye kuva kera, Uyu akaba yarakuunze gukora indirimbo z’amakipe ndetse n’izitaka Urwanda .

8.Eric Senderi

Kandi kuri uru rutonde hariho umusore wigeze gufungirwa iwawa azira gukoresha ibiyobyabwenge gusa amajije gufungurwa yakoze ama hit menshi harimo n’amakorabo nawe yashyizwe ku rutonde aho bigaragaye ko yihebeye icupa.

7.Fire Man

Uwundi dusangaho mwamenye mu ndirimbo nyinshi nk’ikiryabarezi ndetse nizindi, wakunze kuvugwa ko atishimirwa nabakobwa uwo ni.

6.Amag The Black

Uyu yahoze mu itsinda rya urban boyz nubwo yaje kuryikuramo agatangira kwikorana nawe byaje kugaragara ko akunda agasembuye ubwo yaririmbaga indirimbo yitwa “Ntimunywa”

5.Safi Madiba

Uyu niwe mugore uri kuri uru rutonde rw’abahanzi icumi bakunda agasembuye, nawe yashyizwe kuri uru rutonde hagendewe kubirori y’itabira n’utubari ajyamo nawe twasanze yinywera ibinyobwa bisembuye gusa.

4.Young Grace

Uyu yigeze gutwara guma guma akaba afite  na studio ye yitwa ibisumbizi akaba ari kuri uru rutonde kubera nawe indirimbo yigeze gukora yitwa “bicugusa amashampanye” byerekana ko nawe akunda agasembuye.

3.Rider Man

Kururu rutonde kandi hagaragaraho umuhanzi uzamutse vuba wigaragaje mu gihe gito, uyu we icyagendeweho ashyirwa kuri uru rutonde bibirori byinshi y’itabira akinyweramo agasembuye.

3.Juno Kizigenza

Uyu numuhanzi wakoze hit nyinshi harimo saa moya n’izindi nyinshi cyane kandi bikaba bigaragazwa ko nawe akunda agasembuye bikagaragarira no mu ndirimbo yakunzwe nabatari bake yise “ikinya” ubu akaba anamamaza inzoga ya Primus

1.Bruce Melodie

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru z’urukundo mu buzima bwa Diamond Platinumz

Urutonde rw’ibihugu bimaze kwegukana ibikombe by’isi inshuro nyishi kurusha ibindi.