in

Dore tumwe mu dushya mugomba kwitega ku bagabo muri 2023 mu myambarire

Uko iminsi igenda ishira ni Nako hagenda hamvumburwa ibindi bintu bidasanzwe akenshi Kandi bihera mu bihugu byo hanze bikagenda byinjira mu bantu ugasanga byabaye nk’indwara.

Ubundi hari hamenyerewe ko igitsina gore cyambara amapataro y’abagabo ariko ubungubu abagabo nabo baje gusanga bararushijwe ubwenge n’abagore kugeza ubwo nabo bashaka kujya bambara amajipo.

Amajipo ku bagabo yagaragajwe nk’imwe mu myambaro izaba iharawe mu mwaka wa 2023, aho ikomeje kugenda igaragara mu birori bitandukanye kuva i Burayi kugeza n’i Kigali mu Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yannick Mukunzi yasubije abibazaga impamvu Byiringiro League amusanze aho akina, intandaro yabyo

“Reka reka si nashaka umugore” Moses utajya ubura udushya yagaragaje ingaruka mbi zo gushaka umugore yifashishije bibiliya