in

Dore impamvu abagabo bakunda abagore bafite ikibuno kinini

Ni gake ushobora kugendana n’umugabo mu muhanda mugahura n’umugore ufite ikibuno kinini nta cyebuke ngo atere yo akajisho yirebere icyo kibuno.

Hano hari impamvu zituma abaga bakunda cyangwa bakururwa n’abagore bafite ikibuno kinini.

  • Kugaragara neza

Bamwe mu bagabo bavuga ko umugore ufite ikibuno kinini aba agaragara neza kandi akaba yuzuye mu buryo bwose.

  • Kuryoshya imibonano mpuzabitsina 

Abagabo bavuga ko umugore ufite ikibuno kinini aryoshya imibonano mpuzabitsina kuko ngo kiba kinepa mu gihe hari kubaho icyo gikorwa.

  • Bagira ubwenge

Abahanga mu bya siyansi bavuga ko abagore bafite ikibuno kinini baba bafite ubwenge bwinshi kurusha abafite gito. Abagabo nabo bemeza iyo ngingo aho bashimangira ko abagore bafite ikibuno kinini baba ari abanyabwenge

  • Amabuno manini niyo afatika

Abagabo bakunda gukorakora abagore bavuga ko abagore bafite ikibuno kinini byoroshye kubakoraho kandi ko icyo kibuno kiba gifatika mu buryo bunezeza abagabo

  • Kamere y’abagabo

Ubushakashatsi bwerekana ko abagabo benshi baba bifitemo kamere yo gukunda umugore ufite ikibuno kinini.

Si abagabo bose bakunda abagore bafite ikibuno kinini gusa benshi muri bo bakururwa n’imiterere y’umugore uba ufite ikibuno kinini.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Davis d yakiriwe n’ibizungerezi nyuma yo gutaha igitaraganya

Breaking news: Kiyovu sport igiye gusinyisha umutoza uri mu bakomeye ku isi