in

Dore impamvu 3 ziri gutera ibihe by’umwijima muri Liverpool

Dore ikihishe inyuma yibihe by’umwijima Liverpool irikunyuramo, muri uyu mwaka w’imikino wa 2022-2023 Liverpool yatengushye abafana bayo bikomeye.

Ubwo kuri ubu irikubarizwa ku mwanya 10 udakwiriye ikipe nka Liverpool yageze final kuri champions league kuri ubu ikirigutera bino bihe byumwijima ni ibi bikurikira.

Icyambere Muhammed Salah umenyereweho umusaruro w’ibitego byinshi muri champion ntarimo kureba mu izamu.

Kuri ubu iyi kipe ifite abakinnyi binkingi ya mwamba bari mu mvune zikabije harimo na Roben Diaz ndetse n’abandi.

Ikindi iyi ekipe muri transfer z’uyu mwaka ntiyigeze ijya kwisoko bivuzeko nta maraso mashya iyi ekipe yigeze yongera mu bakinnyi babo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: Impanuka ikomeye y’imodoka ibereye i Shyorongi

Abanyamakuru b’imikino bakunzwe mu Rwanda bazajyana na AS Kigali muri Libya