in

Dore ibintu bibiri umukobwa yakora umusore agahita atangira kujya amuha amafaranga kandi atajyaga ayamuha

Dore ibintu bibiri umukobwa yakora umusore agahita atangira kujya amuha amafaranga kandi atajyaga ayamuha. 

 

Umwe mu bakobwa bakoresha imbuga nkoranyambaga yagiriye inama abandi bakobwa y’uburyo bashobora gukoresha kugirango abasore bakundana bajye babaha amafaranga kandi batari basanzwe bayabaha.

1. Niba uri umukobwa umusore akakubwira ngo ejo tuzasohoke, nawe ujye ufata nk’ibihumbi 50 rwf uyitwaze, ubundi mugende mufate ibyo kurya n’ibyo kunywa, ubundi nibabazanira fagitire uhite umubwira ngo sheri buretse uyu munsi ni ngewe uribwishyure fagitire.

Ako kantu nugakora umusore azakabika ahantu ndetse azaba ameze nkukugiyemo ideni ry’ibihe byose.

2. Nuzajya ujya gusura umusore ntukagende amaramasa, ahubwo jya ugenda witwaje nk’umugati, cyangwa utundi tuntu uzi akunda kurya, ibyo nabyo bizamukora ku mutima, ndetse n’amafaranga azajya ayaguha utayamusabye.  Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo akiri ingaragu! Umunyamakuru w’imikino kuri RBA yakoze ubukwe n’umukunzi we yatoranyije mu bandi – AMAFOTO

Ubuyobozi bwa APR FC nyuma yo kumva inkuru y’incamugongo ku mukinnyi wayo Taddeo Lwanga wapfushije Se, bwahise bukora igikorwa cy’ishimiwe n’abakunzi ba ruhago