in

Dore bimwe mu bitegereje abakobwa n’abagore bemera ko abagabo bakoresha iminwa mu bitsina byabo mu gihe cy’imibonano 

Dore bimwe mu bitegereje abakobwa n’abagore bemera ko abagabo bakoresha iminwa mu bitsina byabo mu gihe cy’imibonano.

Gukoresha umunwa mu mibonano mpuzabitsina bishobora gutera igitsina cy’umugore cyangwa umukobwa indwara yitwa ‘bacterial vaginosis’ cyangwa BV, nk’uko byatangajwe n’ubushakashatsi bwanditswe mu kinyamakuru PLoS Biology.

BV ntabwo ari indwara ishobora kwanduzwa mu mibonano mpuzabitsina. Ni ubusumbane bw’udukoko dusanzwe (bacteria) tuba mu gitsina cy’umugore.

Abagore bafite iyi ndwara bashobora kutagira ibimenyetso byo kurwara, ariko bamwe bagira ubwoburwayi mu gitsina hava umunuko ukomeye.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi Danny Nanone ntiyemeranya na Riderman

Miss Brianne araberewe ni uko agendana imbunda ku kuguru: Dj Brianne yavugishije abatari bake nyuma yo kugarara yambaye ikanzu ndetse yakenyeye nk’ababyeyi(video)