in

Dore amasaha meza cyane utari uzi habe na gato, ugomba gufatiraho ifunguro rya Saa sita (lunch)

Buri muntu aba asabwa kugira isaha afatiraho amafunguro, mu rwego rwo kwirinda gukoresha igifu nabi.

Ikinyamakuru Healthline kigaragaza ko ifunguro rya saa sita riba rigomba gufatirwa ku isaha imwe kandi buri munsi, dore ko ibi babihuriza hamwe n’ubundi bushakashatsi butandukanye bwagiye bukorwa kuri iyi ngingo.

Ikindi kinyamakuru cyitwa Mayoclinic gitangaza ko ifunguro rya saa sita rigomba gufatwa ku isaha ya saa saba nyuma ya saa sita ho gato (1p.m).

Mu rwego rwo kwirinda kunaniza umubiri no gutuma usonza cyane, abantu bagirwa inama yo kutarenza amasaha atandatu nyuma y’ifunguro rya mugitondo, kugira ngo ibinure bikomeze bigume ku murongo.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkomoko n’imiterere y’abantu bitwa ba Diane 

Umuhanzi B Face yifatanyije n’abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi