in

Dore amabanga 5 abakire bagenderaho bahishe abakene 

Burya ngo iyo umuntu yagutse mu mafaranga yaguka no mu bwenge, muri make iyo umuntu akize n’o mu bitekerezo arakura ku buryo iyo umugereranyije nuko yari ameze akiri umukene ubona ntahuriro.

Dore amwe mu mabanga abakire bakunze kugenderaho kugirango ubukire bwabo bukomeze bushore imizi.

1.Nta mukire urekura amafaranga ye ku kintu kitamuzanira andi mafaranga.

2. Abakire bahora bazirikana ko ikosa ry’isegonda rimwe ryasenya ibyiza byose bagezeho mu myaka 10.

3.Ntuzigire uryama mu gihe utabasha kwinjiza amafaranga uryamye.

4. Ntukarye 1000 rwf mu gihe utabasha kwinjiza ayakubye 3.

5. Ujye ugira inshuti nyeya zingira kamaro kurenza kugira inshuti nyinshi ziguhombya.

Ayo ni amwe mu mategeko cyangwa se amabanga abakire bahora bakurikiza kugirango ubukire bwabo bukomeze bushore imizi. Si ayo gusa ariko ayo ni atanu yingenzi.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo The Queen yayobotse inzira y’ibusamo nka Mutesi Jolly yo kwihena abagabo babompa inyuma amanywa na nijoro

Ntibatana: The Ben n’umugore we Pamella bakomeje kurisha umubu abanze kujya mu rukundo (VIDEWO)