in ,

Dore agahinda gakomeye kashegeshe abafana b’ikipe ya Fc Barcelona, Livepool ikabyungukiramo bikomeye

Isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi mu gihugu cya Espagne ryasojwe kuri uyu wa gatanu i saa sita z’ijoro aho byari byitezwe ko bamwe mu bakinnyi bakomeye bari bwerekeze muri amwe mu makipe akomeye yabifuzaga, cyane cyane ikipe ya Fc Barcelona yashakaga intwaro zo kuzarwanisha muri uyu mwaka w’imikino gusa ku bw’amahirwe make ibyari byitezwe siko byagenze.Brazil v Equador - 2018 FIFA World Cup Russia Qualifier


Ibinyamakuru byo muri Espagne birimo AS, Marca na Mundo Deportivo bizindutse byihanganisha abafana b’ikipe ya Fc Barcelona bari bategereje bikomeye kwakira umunya Brasil Philippe Coutinho na Angel Di Maria kubera ko isoko ryafunze aba bakinnyi bombi ntanumwe werekeje muri Espagne bos bahisemo kwigumira mu makipe yabo. Iyi ni inkuru yababaje bikomeye abafana b’ikipe ya Fc Barcelona bari bategereje gukomeza ikipe yabo bagura uyu musore.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba amafoto umugore wa T.I yongeye gushyira hanze yambaye bikini yafashwe nko kwiyandarika

Umukinnyi w’ibihe byose wa Fc Barcelona yatangaje ko atewe agahinda n’iyi kipe muri iyi minsi(Impamvu)