in

Dogiteri Nsabi yibukijwe ibyago yagiriye mu rukondo asuka amarira kubera 50 Frw yataye ku nkumi

Dogiteri Nsabi yasutse amarira yibukijwe umukobwa wigeze kumukura igiceri cya 50 akanamucira ibaruwa y’urukundo mu maso.

Umunyarwenya Nsabimana Eric uzwi nka Dogiteri Nsabi, yashenguwe no kwibutswa umukobwa wamuririye 50 Frw yarangiza akanamwima urukundo.

Nsabi avuga ko yaguze biswi ya 50 maze n’abasore n’inshuti ze bakamwandikira akabaruwa ku rukundo maze abishyira umukobwa yari yarakunze.

Akigera imbere y’umukobwa, yamuhaye ya biswi maze amuha na ya baruwa gusa iyo baruwa bayimuciriye mu maso.

Nsabi yirinze gutangaza umukobwa wamukoze ibyo gusa ngo yabikozwe akiri Umunyeshuri.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Prince Kid yabuze? RIB/RCS ntabwo bazi aho Prince Kid wakatiwe imyaka 5 muri gereza aherereye

Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Roben yavuze impamvu Gikundiro yagiye i Musanze idafite rutahizamu wayo Joachiam Ojera ikavayo yandangajwe