in

Disi ntabwo byari byoroshye! Umuraperikazi Oda Paccy mu magambo afite byinshi asobanuye ku buzima bwe yatangaje urugendo yanyuzemo rumeze nk’intambara igoye gutsinda

Disi ntabwo byari byoroshye! Umuraperikazi Oda Paccy mu magambo afite byinshi asobanuye ku buzima bwe yatangaje urugendo yanyuzemo rumeze nk’intambara igoye gutsinda.

Umuraperikazi Oda Paccy wakanyujijeho mu myaka yaha mbere nyuma akaza gukonja bitewe n’uko yari ahugiye mu masomo ndetse akaba anaherutse gutangaza ko agiye kugaruka mu muziki vuba cyane yongeye atangaza amagambo ahumuriza abakunzi be bamaze igihe batumva ibihangano bye.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagize ati :”Nari nikumbuye, Hari hashize igihe kinini ni urugendo rwari rumeze nk’intambara igoye gutsinda! ariko ndi hano kandi ni iby’agaciro! ngarutse murugo kuko mbikwiye”.

Ubu butumwa Oda Paccy yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze buragaraza ko uyu muraperikazi yiteguye kongera gususurutsa abakunzi be.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku Gisimenti! Umukobwa bivugwa ko akora umwuga wo kwicuruza akubiswe ivide mu mutwe barawumena ubwo yari mu kabari ndetse bahita banakamufungiramo banga ko asohoka

Musore nawe mukobwa niwowe ubwirwa! Ubushakashatsi bwagaragaje ikibi cyo kugira inshuti nyinshi z’abakobwa