in

Diamond yavuze umuntu uzatwara imitungo ye igihe azaba yaratabarutse

Umuhanzi ukomeye muri East Africa ariwe Diamond Plutnumz uherutse indege, yatangaje ko Princess Tiffah uherutse kuzuza imyaka 7 akaba imfura ya Diamond na Zari ariwe uzamuzungura atifuza ko aba umucuranzi.

Ati “Ndashaka ko aba umuragwa w’umutungo wanjye, cyane cyane ubucuruzi bwanjye bw’umuziki, kugira ngo abashe kubucunga ni icyo nshaka.”

yeruye kandi ko adashaka ko umwana we azajya mu muziki ngo ace mu mibabaro nk’iyo we yanyuzemo ndetse avuga ko inzu ze zizahabwa umuntu utavuzwe amazina.

Ati “Ni ibanga ariko umuntu wa mbere agomba kuba mama, azafata hafi 50%, ibikurikiyeho ni abana n’iyo nzaba narashatse Inshallah.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wasomye umugabo agapfa yatawe muri yombi

Bruce Melodie agiye gutaramira Abarundi bakunda ibihangano bye