in

Diamond platnumz uri mu rukundo na Zuchu yongeye kwandika andi mateka

Umuhanzi Diamond Platnumz yanditse amateka yo kuzuza abana barenga miliyoni 15 z’abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram.

Diamond Platnumz uri mu munyenga w’urukundo na Zuchu ari kwishimira ko ari we muntu wa mbere muri Afurika Y’uburengerazuba ukurikirwa n’abantu benshi kuri Instagram.

Kuri ubu Diamond Platnumz akurikirwa n’abatari bake, dore ko akurikirwa n’abarenga miliyoni 15. Akaba ari we ubigezeho bwa mbere muri Afurika Y’uburengerazuba.

Diamond Platnumz ni umuhanzi ukomeye muri Afurika aho yagiye akora indirimbo zagiye zikundwa cyane ku isi. Uyu musore akaba ari na boss wa Wassafi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikombe iragishaka cyane ! Inkuru nziza ku bakunzi n’abafana ba Rayon sport Fc

Wa mukobwa mwiza wo mu Umuturanyi ari mu rukundo n’umuraperi wo muri Amerika