in ,

Diamond Platinumz yatutswe aratokozwa kubera ikintu kidasanzwe yakorewe na Asinah ushinjwa kumukunda urwo atakunze Riderman

Umuhanzikazi Asinah wamenyekanye hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yakoze zigakundwa n’abantu benshi ndetse n’ibitaramo bitandukanye yakoreye hirya no hino bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi.

https://www.instagram.com/p/Bar4e7gBR5z/?taken-by=asinaherra1

Asinah ku munsi w’ejo nibwo yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram ifoto ye afite ubunyobwa bukorwa n’uruganda rw’umuhanzi w’icyamamare muri Afurika Diamond Platinumz.

Comments z’ifoto Asinah yashyize hanze

Gusa muri comment abantu bagiye bavuga kuri iryo foto,bagiye banenga uyu mukobwa kwamamaza umuhanzi wivugiye ko nta muhanzi n’umwe azi mu Rwanda,ndetse agashinjwa no kuba atari umuyisilamu ubihamya kubera ukuntu yambara imisaraba ndetse akaba anafite indirimbo aririmba Halelujah ibintu bivugwa n’abakristo.

Asinah we icyo yazize ni uko kwamamaza uyu Diamond utazi umuhanzi n’umwe mu Rwanda ndetse akazira no gushyigikira umuyisiramu utari mw’idini cyane kandi bizwi ko uyu mukobwa ari umuyisiramu ndetse wigeze kuba mw’idini cyane mu gihe yakundanaga na Riderman ariko ubu bikaba bigoye kubyemeza kubera imyambarire mishya asigaye afite.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports ntabwo azagaragara mu mukino na Kirehe F.C

Agashya: Iryavuzwe riratashye Safi Madiba yamaze kubona umusimbura wa Judith