in

Di Maria yishushanyije ku mubiri ifoto itangaje nyuma yo gutwara igikombe cy’isi ihire ijisho

Umukinnyi Angel Di Maria  nyuma yo gutwara igikombe cy’isi n’ikipe y’igihugu ya Argentine yahise ashyira tatuwaje ku mubiri.

Di Maria yishushanyijeho  ishusho y’igikombe cy’isi ku itako rye ry’iburyo.

Di Maria wafashije cyane Argentine gutwara igikombe cy’isi kuko niwe wakoreweho Penaliti yavuyemo igitego cya mbere anatsinda igitego cya Kabiri byafashije Argentine cyane mu gutwara igikombe cy’isi.

 

Di Maria yanyuze mu makipe nka Real Madrid,Manchester United na Paris Saint Germain arimo akinamo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto:dore umukobwa urusha agahigo Messi muri Barcelona

Rwanda: umusore yaguwe gitumo amaze icyumweru asambanya abangavu