in

Deco yagiriye inama Nico Williams yo gufatirana amahirwe yabonye hakirikare

Umuyobozi wa FC Barcelona, Deco, yabwiye umukinnyi Nico Williams ko “hari za gari ya moshi zinyuraho inshuro imwe gusa.” Nk’uko ikinyamakuru La Vanguardia cyabitangaje, Deco yashatse kumvisha Williams ko amahirwe amwe aba adasubira kandi agomba kuyafata igihe agihari.

 

Williams, umukinnyi w’ikipe ya Athletic Bilbao, aravugwa ko ari ku rutonde rw’abakinnyi Barcelona yifuza kwiyegereza. Ibi bishobora kuba bikubiye mu mugambi wa Barca wo kongera ubushobozi bw’ikipe, cyane cyane mu guha umwanya abakinnyi bakiri bato bafite impano zidasanzwe.

 

Ibihe biri imbere bizerekana niba Williams azafata aya mahirwe yo kujya muri Barcelona cyangwa niba azahitamo kuguma mu ikipe ye y’ubu.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gorilla FC Yatangaje Urutonde rw’Abakinnyi ijyanye mu Mwiherero i Rubavu

Shola Shoretire yasinye muri PAOK