in

Davis d yerekeje mu budage yifunze bwuma gukorerayo ibindi bitaramo (Amafoto)

Davis D umwe mu bahanzi barimo bazamuka neza mu muziki nyarwanda, arimo akora ibitaramo bitandukanye aho arimo azenguruka i burayi ataramira abanyaburayi abaha ku byishimo.

Nyuma yo gukorera igitaramo mu bufaransa kikaza kwishimirwa na benshi, yerekeje mu gihugu cy’ubudage aho agiye gukomerezayo urugendo rwe rwo guha abanyaburayi ibyishimo.

Davis D yerekeje i burayi akorerayo ibitaramo ariko yongera kugaruka hano mu Rwanda igihe gito kugira ngo yongereshe igihe Visa ye izamara kuko yari igiye kurangiza igihe cyayo.

Indirimbo zakunzwe cyane za Davis D arimo aranifashisha cyane muri ibi bitaramo bye harimo nka Eva, Ifarasi ndetse nizindi zitandukanye.

 

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Young Grace yagaragaye arimo gusoma umusore bikekwako bari mu rukundo (video)

Ntaho wansiga bebe! – Uko iminsi yicuma niko Judith wahoze ari umufasha wa Safi Madiba akomeje kuryoherwa n’urukundo rw’umusore basigaye bakundana