in

Dany Nanone ari kuririra mu myotsi

Umuraperi Dany Nanone uri mu bagezweho muri iyi minsi yari amaze iminsi yamamaza igitaramo yari gukorera i Dubai ku wa 14 Nyakanga 2023, gusa byaje kurangira atagiyeyo kuko igitaramo yari yatumiwemo cyari cyasubitswe n’abagiteguye.

Amakuru avuga ko ubuyobozi bw’Umujyi wa Dubai bwafashe icyemezo cy’uko ibitaramo bizajya birangira saa Munani n’igice z’ijoro, bityo abari batumiye Danny Nanone bagize ubwoba bwo kuba batabona abantu mbere y’iyo saha bahitamo gusubika iki gitaramo.

Ibi nanone byatewe n’uko ubuzima bwa benshi mu Banyarwanda batuye cyangwa bakorera i Dubai bakunze kugeza saa Sita z’ijoro bakiri mu kazi bityo bikaba byagorana ko iki gitaramo cyabona abantu muri ayo masaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni umwe mu banyezamu beza u Rwanda rwigeze! Umunyezamu wakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi yasezeye ibyo gukina umupira w’amaguru

“Yinjiye mu cyumba atangira kuzamura amajipo” Kigali umugore yagaragaje amahano akorerwa n’umuhungu we