in

Dani Olmo mu miryango imwerekeza muri FC Barcelona kugeza 2030

Dani Olmo yamaze kwemenwa amasezerano na FC Barcelona, aho azaba afite amasezerano y’imyaka itandatu , kugeza muri Kamena 2030. Barcelona yoherereje ubusabe bushya RB Leipzig, isaba kugura Olmo ku kiguzi cya miliyoni 55 za mayero.

Haziyongeraho miliyoni €4 ndetse na miliyoni 3 za mayero zishobora gutangwa bitewe n’ibikombe bizatwara na Olmo . Olmo afite ubushake bukomeye bwo gukina muri Barça, ubu icyemezo kiri kuri RB Leipzig niba izemera ayo masezerano.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RRA WVC yerekeje i Kampala yitabiriye irushanwa rya KAVC

Rayon Sports yatangarije abakunzi bayo bamwe mu bahanzi bazabasusurutsa mu birori by’ #UMUNSIWIGIKUNDIRO24