in

Dabijou yagize icyo avuga kuri Passport yo muri Benin bivugwa ko ari iye

Umunyarwandakazi Dabijou wamampaye ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye kubera uburanga bwe bukurura benshi, yahakanye passport yo muri Benin bivugwa ko ari iye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram kuri sitori, Dabijou yavuze ko ari umunyarwandakazi kandi akaba afite Passport imwe gusa.

Ibi yabivuze nyuma ya Passport yasakaye ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye bavuga ko ari iye.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Imyaka 10 irashize tubuze inkingi ya mwamba mu muziki ,akaba umuvandimwe wa Miss Rwanda 2012

“Muyifatire iry’iburyo” Pepe Guardiola aroshye Manchester city mu nyanja, agiye gutuma rutahizamu ngenderwaho yigendera

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO