in

“Cyakoze wari agakara we!” Shaddy Boo yahawe urwamenyo kubera amagambo yatangaje ku ifoto ye ya kera yagereranyije n’iyubu

Mbabazi Shadia wamenyekanye ka Shaddy Boo, yahawe urwamenyo kubera amagambo yatangaje agereranya ifoto ye ya kera n’iyiki gihe.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze ari Twitter, Shaddy yagize ati “Ubu byaroroshye twicara muntebe tugakwirwamo. Ariko ubu wowe wakwicara muri 2 n’amatama yaraje harabura Bodyguard(umurinzi) wayo.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RBA yaciwe amafaranga kugira ngo igure shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yari isanzwe yerekanira ubuntu, ikiyumva maze imibare ihita izamo ibihekane

Kongera kureba imikino ya shampiyona y’u Rwanda bizagorana! RBA yambuwe ububasha bwo kwerekana imikino ya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda