in

“Cyakora ni wowe uzashobora kuba muri Kigali abandi barabeshya”: Rocky nyuma yo kubona ko ari we nimero ya mbere mugusobanura filime yahisemo kwerekeza muri Basketball yambaye imyenda yatumye abakunzi be bacika ururondogoro -AMAFOTO

“Cyakora ni wowe uzashobora kuba muri Kigali abandi barabeshya”: Rocky nyuma yo kubona ko ari we nimero ya mbere mugusobanura filime yahisemo kwerekeza muri Basketball yambaye imyenda yatumye abakunzi be bacika ururondogoro.

Umusobanuzi wa filime ukunzwe cyane hano mu Rwanda Rocky Kimomo yagaragaye ari muri BK Arena aho yari afite umupira wa Basketball maze arangije agira ati :”Abenyeshyari bazakubwira ko nahushije kandi nagatayemo” uyu musore ukundwa na benshi abantu bagiye bamugarukaho cyane bamubwira ko yambaye neza.

Amafoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Azi kurara mu mbeho uko bimera ndetse n’uburyo inzara iryana”: Cristiano yasabiwe imigisha itavangiye nyuma yo kwemera gutanga umwe mu mitungo ye ihenze cyane kurusha iyindi yose ayiha abanya Morocco bahuye n’ibyago bidasanzwe 

Umukobwa wa Kwizigira yagize isabukuru! Umunyamakuru wa RBA, Kwizigira Jean Claude yagaragaje imbamutima ze nyuma yo kubona ibyishimo by’abana bari baje kwizihiza isabukuru y’ubuheta bwe – VIDEWO