in

Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka atarakorwa nundi mukinnyi ku Isi

 

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu cya Protigar Cristiano Ronald ukinira ikipe ya Al Nasir yo mu gihugu cya Saudi Arbia yanditse amateka atarakorwa nundi mukinnyi ku Isi.

Cristiano waherukaga kuva mu gikombe cy’Isi atitwaye neza we n’ikipe y’igihugu cya Protigar benshi bagatangira kuvuga ko ibye birangiye dore ko atara meranye neza n’ikipe ya Manchester United yakiniraga icyo gihe.

Yavuye mu ikipe ya Man U yerekeza mu ikipe ya Al Nasir yo mu gihugu cya Saudi Arbia.

Cristiano Ronald yanditse amateka akomeye cyane ubwo ikipe y’igihugu ya Portugal yakinaga na Luxembourg maze bayitsindamo ibitego 6-0 maze Cristiano Ronaldo atsindamo ibitego bibiri.

Cristiano Ronald yuzuzaga ibitego 122 mu mikino 198 bidasubirwaho ahita aba rutahizamu wa mbere ifite ibitego byinshi mu ikipe y’igihugu kandi niwe rutahizamu uyoboye abandi ku Isi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Niyo Bosco wivumbuye ku bakoresha be yamaze gusimbuzwa undi muhanzi ukomeye

Nyuma yo guhesha inota rimwe u Rwanda, umukinnyi w’Amavubi yongeye gukora agashya agarukwaho n’isi yose