in ,

Cristiano Ronaldo yaraye akoze akandi gahigo katigeze kabaho mu mupira w’amaguru

cristiano-ronaldo-ukomeje-gukora-utundi-duhigo

Muri iri joro ryakeye ikipe ya Real Madrid yaraye ikinnye umukino wo mu gikombe gihuza amakipe yabaye ayambere iwayo, gusa kuri iyi nshuro iyi kipe yaraye yegukanye insinzi hamana kuko igitego babanje gutsindwa bakishyuye ku munota wa 89, maze igitego cy’insinzi bakacyibona ku munota wa 90.

cristiano-ronaldo-ukomeje-gukora-utundi-duhigo
cristiano-ronaldo-ukomeje-gukora-utundi-duhigo

Gusa muri uyu mukino umukinnyi Cristiano Ronaldo wari wasubiye aho yarerewe akiri umwana muto mbere yuko ajya mu bwongereza yaje kuhubakira andi mateka yarasanganywe umukinnyi Alessandro Del Pierro,kuko ubwo yatsindaga igitego cya mbere cy’ikipe ye cya ku mupira w’umuterekano yatsinze yateye ukijyana mw’izamu,yabaye umukinnyi wambere mu mateka ya ruhago utsinde ibitego 12 ku mipira y’imiterkano(Coup Franc) muri iri rushanwa rihuza amakipe yabaye ayambere iwayo,Uefa Champions league,ibi bikaba ari impamba yasigiye bene wabo mu ijoro ryakeye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibyo utazi mu buzima bwa Miss Kalisi Sabrina wujuje imyaka 23

Musore utazagwa mu ruzi urwita ikiziba ,Imiterere y’uyu umukobwa yabujije abasore benshi kugoheka nyamara……