in

Cristiano Ronaldo yandikiwe igitabo cy’amateka akiri mu kibuga

Nubwo ataratwara igikombe k’isi ariko Cristiano Ronaldo niwe mugabo wa mbere ufite amateka akomeye cyane muri ruhago.

Uramutse wirengagije ko ba Pele, Maladona, Messi n’abandi batwaye ibikombe by’isi, ugafata ibigwi byabo ntaho byahurira n’ibya Cristiano Ronaldo, gusa impamvu bamujya hejuru nuko bo bafite ibikombe by’isi.

Ubu Cristiano Ronaldo yandikiwe igitabo cy’amateka, iki igitabo yandikiwe ni igitabo kimuvuga imyato.

kuko kugeza ubu niwe mukinnyi wa mbere wakiniye ikipe y’igihugu imikino myinshi ndetse akayitsindira ibitego byinshi.

Sibyo gusa kuko nubwo yavuye ku mugabane w’iburayi ariko amateka yasize ahakoze, nabo bari bahanganye bakihakina bazayageraho bibavunnye.

Nkwibutse ko Cristiano Ronaldo ni umwe mu bagabo bacye cyane bandikiwe igitabo bakiri mu kibuga.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana muto w’uruhinja wari umaze igihe gito avutse yakubiswe amaze gupfa bamujugunya munsi y’ikiraro

Gusa usigaye urya neza! Pattyno yagaragaye ari kumwe n’abakobwa b’ibizungerezi(AMAFOTO)