in

Cristiano Ronaldo ntabwo akibukwa pe! Izina Messi ryongeye gukora agashya muri rubanda [Amafoto]

Rutahizamu w’ikipe ya Inter Miami yo muri Reta zunze ubumwe z’amerika ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentina, Lionel Messi izina rye ryongeye kuganza muri rubanda.

Kuri uyu wa Kane ikipe y’igihugu ya Argentine yakinnye umukino n’ikipe ya Australia, ariko uyu mukino waje kugaragaza ko Lionel Messi akiri nimero ya mbere ku isi nyuma yaho abantu bagaragaye bambaye Jesy zanditseho Messi ari benshi cyane inyuma ya Sitade yari iri kuberaho uyu mukino .

Ni umukino wa gishuti watangiye ku isaha ya saa munani n’iminota icumi z’amanwa wabereye kuri Sitade yitwa Workers’ Stadium, Beinjing mu gihugu cy’ubushinwa. Ubwo twakoraga iyi nkuru Argentina yari yatsinze Igitego 1-0 cyatsinzwe na Lionel Messi ku munota wa 2 ari nako igice cya mbere cyarangiye.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking: Turahirwa Moses waburanaga ifungwa n’ifungurwa hamenyekanye umwanzuro w’urukiko 

Itangazo rireba abatuye ndetse n’abakorera mu mujyi wa Kigali bose