in

“Cristiano Ronaldo n’akataraza azakazana” Arabia Saudite yemeye guhindura itegeko nshinga kugira ngo Ronaldo n’umuryango we bishime

Igihugu cya Arabia Saudite kigiye guhindura itigeko ryo kubana n’umuntu mutarasezeranye mu mategeko kugira ngo Cristiano Ronaldo n’umukunzi we, Georgina Rodriguez babane mu nzu imwe.

Muri Arabia Saudite itegeko ryari rihari, rivuga ko nta mugabo n’umugore bemerewe kubana mu nzu imwe mu gihe batarakora ubukwe, ngo bandikwe no mu mategeko.

Gusa igitangaje iri tegeko bagiye kurihindura kuri Cristiano Ronaldo wenyene kugira ngo abane n’umukunzi we nyuma yo kugurwa n’ikipe ya Al Nassr yo muri iki gihugu.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

NOHELI NZIZA! Muri Ethiopia uyu munsi bari mu birori byo kwizihiza noheli umunsi bizihiza tariki 7 /01 aho kuba 25/12

“Abapagani nitwe benshi” Indirimbo ya Ama G The Black iri guca ibintu hano hanze